Mu Rwanda Kanda aha niba bitagaragara neza
Ku Isi
Uyu mwaka nta muntu mbeshye ngo hari icyo mwifurije.
Niba ushaka *umwaka w'amata nubuki*, uzorore inka n'inzuki.
Niba ushaka*Urukundo*, banza ukunde urebe ko nawe udakundwa.
Niba ushaka *Ubuzima bwiza*, gura mutuelle univuze ku gihe.
Niba ushaka *Amahoro*, banza uyahe abandi nabo bazayaguha.
Niba ushaka *Ubukire*, kura amaboko mu mifuka ukore.
Maze imyaka myinshi abantu banyifuriza umwaka w'amata n'ubuki, *nyamara amata nyabona niyushye akuya, ubuki bwo buranahenda litiro 1 ngo ni 5000 Rwf*
*Haranira ibyiza muri 2022 kandi uzabigeraho.*
Source Facebook story: Kayitare Hamada (29/12/2021)
Inyuguti za Google zifashishwa mu gushushanya
Urashaka gukora igitabo kirimo imyandikire myiza ariko ugasanga utarateganyije ko wagura inyuguti z'myandikire?
Niba umeze nka njye, ugasanga ushaka gukora cyangwa kwigana imyandikire myiza y'ibitabo ukunda.
Kinyarwanda
Kenshi mu minsi mikuru dukunze gushaka uko twakoherereza abavandimwe hirya no hino, ikarita z'ibyishimo bitandukanye. Kwifurizanya umunsi mwiza, n'ibindi. Uyu munsi wa Assomusiyo ya Bikira Mariya rero twabakoreye ikarita ebyiri z'ubuntu mwasangiza inshuti.
Hitamo mu Kinyarwanda► iya Iya mbere| Iya kabiri.
Ukeneye se ikarita yawe bwite, twandikire cg duhamagare tuyigukorere ku giciro cyiza.